Ubwunganizi Butangwa n'Abanyamategeko b'abahanga.

Tubwire muri make ikibazo cyawe TUGUFASHE

abarenga 700 bamaze gufashwa

Waba ufite ikibazo kijyanye n’imitungo, kwirukanwa ku kazi,kwishyura inguzanyo, gatanya, ubutaka, indezo, izungura , kubona ibyo watsindiye mu rubanza cyangwa se ukeneye ubufasha mu gufungura campany, kwaka indishyi ndetse n’ibindi? Duhamagare (0785 121 310) cyangwa wuzuze form iri hejuru tugufashe.

Abo Turibo

Umwunganizi.online ni urubuga rwumva ikibazo cyawe rukaguhuza n’umunyamategeko (Lawyer,Avocat) ufite ubuzobere n’ubunararibonye bijyanye n’ikibazo ufite.

Kubwibyo,akujyira inama nyayo cyangwa akakuburanira urubanza kandi akarutsinda.