Ubwunganizi Butangwa n'Abanyamategeko b'abahanga.
- Kuri buri kibazo, tuzi umunyamategeko ugifiteho ubuzobere bitewe n'imanza yaburanye kandi akazitsinda.
- Kubera amakuru ahagije dufite,tuguhuza n'umunyamategeko ufite umwanya wo kwita ku kibazo cyawe, bityo bikakurinda gusiragira no gutakaza umwanya wawe.
Tubwire muri make ikibazo cyawe TUGUFASHE
abarenga 700 bamaze gufashwa
Waba ufite ikibazo kijyanye n’imitungo, kwirukanwa ku kazi,kwishyura inguzanyo, gatanya, ubutaka, indezo, izungura , kubona ibyo watsindiye mu rubanza cyangwa se ukeneye ubufasha mu gufungura campany, kwaka indishyi ndetse n’ibindi? Duhamagare (0785 121 310) cyangwa wuzuze form iri hejuru tugufashe.
Abo Turibo
Umwunganizi.online ni urubuga rwumva ikibazo cyawe rukaguhuza n’umunyamategeko (Lawyer,Avocat) ufite ubuzobere n’ubunararibonye bijyanye n’ikibazo ufite.
Kubwibyo,akujyira inama nyayo cyangwa akakuburanira urubanza kandi akarutsinda.